in ,

Adaciye ku ruhande! Niyonzima Olivier Seif yavuze ku mwuka mubi uri hagati ye na Manishimwe Djabel aho byavuzwe ko ari nayo ntandaro yatumye Djabel atajya muri Kiyovu Sports

Adaciye ku ruhande! Niyonzima Olivier Seif yavuze ku mwuka mubi uri hagati ye na Manishimwe Djabel aho byavuzwe ko ari nayo ntandaro yatumye Djabel atajya muri Kiyovu Sports.

Umukinnyi wa Kiyovu Sports, Niyonzima Olivier Seif yavuze ko nta bushobozi na buke afite bwatuma ikipe y’Urucaca itagura umukinnyi nka Manishimwe Djabel kandi imwifuza.

Ni nyuma y’uko bivuzwe ko Kiyovu Sports yashakaga kuzana Manishimwe Djabel ariko Seif akavuga ko naza we ahita ayisohokamo.

Guhera ku wa Kabiri w’iki cyumweru byavuzwe ko Manishimwe Djabel ashobora kwerekeza muri Kiyovu Sports nk’intizanyo ya APR FC mu gihe cy’umwaka umwe.

Niyonzima Olivier Seif aganira n’ikinyamakuru ISIMBI, yabiteye utwatsi aho yavuze ko nta bushobozi afite bwo kubuza ikipe kugura umukinnyi yifuza.

Agaruka ku mubano we na Djabel muri APR FC, yavuze ko ntacyo yapfuye na we kuko anavugana n’abayobozi ntiyari ahari.

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bose bigira ahari akaryoshye! Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi yabonye ikipe nshya mu gihugu kibarizwamo na Cristiano Ronaldo na we wagiye guhahirayo

Yamenye icyo bamurushije! Biravugwa ko Mutesi Jolly yagiye muri Nigeria gukoresha inzira abandi bakobwa bakoresha