in

Abuzukuru bamaze kuba benshi! Nyamata hari ababyeyi bafashe umwanzuro wo kwirukana umukobwa wabo kubera ubwinshi bw’abana amaze kuhabyarira kandi ku bagabo batandukanye

Mu karere ka Bugesera mu murenge wa Nyamata mu kagali ka Kanazi haravugwa inkuru y’umukobwa urimo kwirukanwa n’ababyeyi kubera kubabyariraho abana batanu ku bagabo batandukanye.

Uyu mukobwa witwa Muhawenimana Martha ufite imyaka 31 avuga ko kubyarira mu rugo abana batanu ntakibazo kirimo.

Nyina umubyara avuga ko atazibivamo kubera ko kubarera bigoye kuko asanzwe afite n’abandi bana.

Ubuyobozi bw’akarere ka Bugesera buravuga ko butari buzi iby’aya makuru.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa arashinja umuganga wo ku bitaro bya Gahini kumurya utwe nyuma yo kumwemerera ko azamukuriramo inda

Ba Gitifu b’imirenge bajyanwe mu kigo cy’ubutore cya Nkumba mu karere ka Burera mu itorero