in

Abo bana mwica hari abababuze: Umuhanzikazi Clarisse Karasira yanyujije ubutumwa mu ndirimbo agira inama abakobwa n’abagore bakuramo inda – VIDEWO

Umuhanzikazi Clarisse Karasira usigaye ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yashyize hanze indirimbo irimo ubutumwa bureba abakobwa n’abagore batwita maze bagatekereza gukuramo inda.

Nyuma yo gushyira hanze amashusho y’iyi ndirimbo, Clarisse Karasira yagize ati “Bakundwa, iyi ndirimbo ni imwe mu zo nahawe mu buryo bw’igitangaza! Ivuga ku buryo ntawakavukijwe ubuzima n’uburyo buri mwana ari igitangaza! Twizeye ko izarokora ubuzima bwa bamwe mu baziranenge!”

Reba videwo aho hasi:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa yateje umwuka mubi nyuma yo kwifotoza yambaye agapira gusa nabwo kagufi

Umusore ufite uburanga budasanzwe yatawe muri yombi azira guhohotera abana abakomba amano