in

Abo akorana nabo baramwemera: Umunyamakuru Jean Cloude Kwizigira yabwiwe amagambo akomeye na mugenzi we bakorana

Umunsi umuntu yavutseho n’ingenzi mu buzima bwa muntu kuko umwibutsa byinshi kuri we akaba ari nayo mpamvu ababishoboye bawizihiza ku rwego rwo hejuru.

Umunyamakuru ukomeye cyane hano mu Rwanda Kwizigira Jean Cloude uyu munsi tariki 02 Gicurasi 2023 nibwo yagize isabukuru y’amavuko maze abantu benshi batandukanye bakomeye bamwifuriza isabukuru nziza y’amavuko mu buryo bitandukanye dore ko hari nabagiye bamwohereza aga fanta kuri telefone ngendanwa.

Nkurunziza Emmanuel wamamaye cyane ku izina rya Ruvayanga yatangaje amagambo akomeye ku isabukuru ya Kwizigira aho yamushimiye cyane byimazeyo avuga ko ari mfura.

Dore amagambo umunyamakuru Nkurunziza Emmanuel yatangaje ku isabukuru y’amavuko ya Kwizigira:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ngiyi Impamvu simusiga itumye Lionel Messi ajya mu kangaratete 

Muri iyi minsi twihagazeho nk’inyama: Abaturage barwaniye udukingirizo bakeka ko twabashiriraho bagataha amara masa