in

Abenshi murazijugunya disi! Dore akamaro kadasanzwe k’imbuto z’Ipapayi utigeze umenya ku buzima bwawe

Imbuto z’ipapayi zifitiye akamaro kanini umubiri wacu. Gusa mu gihe ipapayi ubwaryo riryohera, ntugirengo kurya imbuto zaryo nabyo biraryohera ahubwo zo zifitemo akantu ko kurura no kuryaryata ariko ibyo ntibyakaguteye ikibazo kuko n’ubundi nta muti uryoha.

Muri iyi nkuru tugiye kukubwira bimwe mu byiza byo kurya imbuto z’ipapayi n’uko ziribwa.

  • Kuvura inzoka zo mu nda
  • Gusana umwijima wangijwe n’inzoga
  • Kurwanya mikorobi mbi zazanwa n’ibiryo byanduye
  • Kurinda impyiko
  • Gufasha igogorwa

Uko ziribwa

Uretse aho byavuzwe ukundi naho ubusanzwe ni ukwanika imbuto noneho ukajya ufata 12 ukazisya ukavanga mu kirahure cy’amazi ukanywa byibuze buri gitondo utaragira ikindi ufata. Ushatse wakongeramo ubuki ikiyiko kimwe.

Uramutse utazajya ushobora kuzisya buri munsi wasya nyinshi ukabika ifu ukajya ukoresha agace k’akayiko gato mu kirahure cy’amazi.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ntukwiye kwifuza inzobe! Menya ibanga abantu b’ibikara barusha abantu b’inzobe nabo bahora bifuza

Ukibirya ntuzongera kugira ipfunwe mu ruhame! Dore ibyo kurya bituma ugira inzara nziza cyane kandi zitoshye