in

Abenshi baremeza ko azatera ivi! Diamond Platnumz na Zuchu bongeye kuvugisha benshi

Nyuma y’uko beruye ko bakundana ndetse Diamond Platnumz akamuha impano ya shene ya miliyoni 40 frw, bagiye gukora igitaramo cyabo bombi aho benshi bemeza ko ari inkuru y’urukundo rwabo bagiye gushyira ahagaragara.

Diamond Platnumz mbere yo kuza gutaramira abanya Kigali, yateguje igitaramo azakorana n’umukunzi we Zuchu ubwo azaba akubutse mu Rwanda.

Diamond Platnumz na Zuchu bagiye gukora igitaramo bise “Cheers 2023” bazakora kuwa 31 Ukuboza 2022.

Nyuma yo kubona iyi nteguza y’iki gitaramo, abakoresha imbuga nkoranyambaga bahise batangira gutekereza ko Diamond Platnumz yaba agiye kwambika impeta uyu mukobwa wamutwaye umutima.

Mu minsi ishize Diamond Platnumz yari yahaye impano Zuchu ya shene ihagaze miliyoni 40 frw [94 tzs].

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Birababaje kubona umukobwa w’uburanga nkuyu ari kureba nka mbega urubwa

Umugabo yakubise inyundo mu mutwe umugore we ahita yitaba Imana/Icyo yamuzijije kiratangaje