in

Abavumbyi ni mutyaze amenyo: Hamenyekanye itariki y’ubukwe bwa Bienvenue Redemptus wahoze ari umunyamakuru kuri Televisiyo Rwanda

Nyuma yo gusezerana imbere y’amategeko n’umukunzi we, Bienvenue Redemptus wahoze ari umunyamakuru kuri Televisiyo Rwanda yasohoye itariki azakoreraho indi mihango y’ubukwe.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Bienvenue yashimiye buri muntu ndetse anataka n’umugore we, aho yanamesheje abantu bose igihe azakorera indi mihango y’ubukwe isigaye.

Yanditse ati: “Bagore namwe bagabo, twamaze gusezerana, ndi umunyamugisha n’umugore mwiza cyane. Muzadushyigikire mu birori bizaba ya 28/5/2023. Murakoze cyane.”

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Umubyeyi
Umubyeyi
1 year ago

Ariko nawe redamtos nawe urasetsa ubwose wadutumiye?le 28/5 se hehe ryari mugemudutumira neza tuze twisekere amenyo namabuye tunaninwere buryoha buvumbwe!!!

APR FC ibayoboye itaranakina: Dore uko urutonde rwa shampiyona ruhagaze ku munsi wa 24

Premier League: Arsenal yakomeje kuzitsikamira, Chelsea imirishwa nkeri