in

Abavumbyi bizagorana kubugeramo! Ubukwe bwa The Ben na Pamela babuteguye ruzungu kuko bahisemo ko buzabera ahantu hihagazeho hano mu Rwanda

Ubukwe bwa Mugisha Benjamin ‘The Ben’ na Uwicyeza Pamela, butegerejwe n’abantu benshi, haje kumenyana aho buzabera ndetse n’itariki buzaberaho.

Amakuru atugeraho avuga ko ubukwe bwa The Ben na Pamela, buzaba tariki 27 Ukuboza 2023, bukazabera muri hoteli y’igiciro kihagazeho ya Kigali Convention Center.

The Ben na Pamela basezeranye mu mategeko ku itariki 31 Kanama 2022. Ni umuhango wabereye mu murenge wa Kimihurura mu karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abinkwakuzi bamaze kwiyandikisha! Munyakazi Sadate wahoze ayobora Rayon Sport ari gutanga akazi ku rubyiruko ruri mu biruhuko, dore ibisabwa ngo wiyandikishe

Ni uko yagiye i Bugande: Umunyarwenya Eric Mondi yagiye muri Uganda gutaramana na Diamond ari mu modoka idasanzwe – VIDEWO