in

Abaturage bafashe igisambo bagikorera ibya mfurambi barangije bakoresha ibimene by’amacupa bacyogosha umusatsi

Abaturage bafashe igisambo bagikorera ibya mfurambi barangije bakoresha ibimene by’amacupa bacyogosha umusatsi

Nyuma yo kuzengerezwa n’abajura no kurambirwa kwibwa ibintu byabo, abaturage bo mu mugi wa Kumasi muri Ghana, bafashe igisambo bagiha isomo.

Aba baturage bahigiye kuva kera ko umunsi bafashe igisambo bazagikorera ibya mfurambi bashaka nabo bakazabibazwa.

Aba baturage ubwo bafataga iki gisambo bagikubise cyane ndetse bakoresha ibimene by’amacupa bacyogosha umusatsi wo mu mpande.

Muri videwo yasakaye hose ku mbuga nkoranyambaga iki gisambo cyumvikana gisaba imbabazi kivuga ko kitazongera kwiba ukundi.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

50k ni agatonyaga! The Ben yatanze miliyoni zirenga 13 yubakisha aho bazamutwererera

Makonikoshwa yasobanuye neza ibyo kubyarana n’umwe muri Charly na Nina ndetse avuga no kuri SIDA bavuga ko yenda kumuhitana [videwo]