in

NdabikunzeNdabikunze

Abatinganyi Ntibemerewe Kwitabira Irushanwa Ry’umusore Uhiga Abandi Ubwiza Mu Rwanda (Mr Rwanda)

Mu Rwanda hagiye kubera irushanwa rizahemba umusore uhiga abandi ‘Umurava, ubwenge n’umuco’ rizwi nka Mr Rwanda, aho uzatsinda azahabwa imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Celica n’icumbi ry’umwaka mu nyubako za Tom Transfer.

Abari gutegura iri rushanwa bakaba batangaje ko umusore ufite umwana ariko akaba atarasezerana yemerewe kwiyandikisha muri iri rushanwa.

Gusa abasore baryamana nabo bahuje igitsina bazwi nk’abatinganyi ntago bemerewe kwitabira iri rushanwa rigomba kugaragaza umusore uhiga abandi ubwiza mu Rwanda.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: Itangazo rimenyesha ingamba nshya zo gukumira icyorezo cya covid-19

Anita Pendo, Gitego na Bissosso batunguye abantu ubwo baserukaga nk’abakorerabushake(youth volunteers)reba ibyo bakoze (Video +amafoto)