in ,

Abasore biki gihe ni ntakigenda! Umukobwa yakubiswe arinda apfa umukunzi we yirukanse yamusize(RIP)

Abasore biki gihe ni ntakigenda! Umukobwa yakubiswe arinda apfa umukunzi we yirukanse yamusize(RIP).

Muri Africa yepfo hatoraguwe umurambo w’umukobwa witwa Lydia yapfiriye mu gace kazwiho ko gatuyemo amabandi n’indaya nyinshi.

Raporo yatanzwe na Polisi yo muri Africa yepfo ivuga ko uyu mukobwa yakubiswe inkoni, ingumi n’imigeri kugeza apfuye.

Ndetse amakuru aravuga ko uyu mukobwa yari arikumwe n’umukunzi we ubwo bacaga muri ako gace, nibwo amabandi bitaramenyekana icyo bapfaga yaje kubatangira, gusa nyamusore yaje kubaca mu rihumye ariruka basigarana umukobwa, niko kumukubira akarinda yitaba Imana.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Aka kazi n’indyankurye pe!: Hagaragaye akazi katoroshye aho abagabo bamwe bakubita ibice by’ibanga ku giti (Amashusho)

Ashobora kurekurwa vuba: Menya impamvu nyamukuru ihora ituma urubanza rwa Titi Brown rusubikwa ndetse n’ikibyihishe inyuma