in ,

Abasore akanyamuneza ni kose: Mu buryo bw’amafoto irebere uko byari bimeze ubwo abasore b’ikipe ya APR FC bakoraga imyitozo yabo ya nyuma -AMAFOTO

Abasore akanyamuneza ni kose: Mu buryo bw’amafoto reba uko byari bimeze ubwo abasore b’ikipe ya APR FC bakoraga imyitozo yabo ya nyuma.

Ikipe ya APR FC ifitanye umukino w’ishiraniro n’ikipe ya Mukura Victory Sports yo mu Karere ka Huye uzaba ku munsi w’ejo tariki 05/08/2023 uzaherekezwa n’ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 60 ikipe ya Mukura imaze.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Cyane ko bo bazanakina imikino Nyafurika” Gatera Moussa utoza Gorilla Fc yagiriye inama Yamen Zelfani wa Rayon Sports nyuma yuko amakipe yabo anganyije mu mukino wa gishuti

‘Abasore b’i Kigali ko bafite gahunda nzima ku badiyasipora’ Nyuma ya Bahati Makaca wishakiye inkumi yibera muri Canada, undi muhanzi ugezweho i Kigali yemeje ko ari mu munyenga w’urukundo n’inkumi yibera mu Bufaransa