in

Abaslay Queen bagiye muri hoteli gushaka abagabo bakura ibyinyo barababura||ibyababayeho nyuma biratangaje

Abakobwa bicuruza, hari igihe bafata umwanzuro bakajya kureba abakiriya muri za Hoteli, gusa bihira bake. Inkuru ya News365, ivuga ko hari abakobwa abo bamwe bita Slay Queens bo muri Afuruka y’Epfo yafatiwe muri Hotel bambikwa amapingu babuze ubwishyu nyuma yaho babuze abagabo babagura.

Ku mbuga nkoranyambaga, aba bakobwa baturuka muri Mzansi, bamaze kubura ubwishyu bambikwa amapingu n’abashinwze umutekano, ibyakurikiyeho ni uko bo ubwabo bisabiye ko bakora akazi ko gukora isuku maze ayo bari kwishyura bigahuriramo.

Ubwo bahise bategekwa gukoropa ibyumba 5 bya hotel, kooza ibyombo no guhanagura ibindi bikoresho muri Hotel. Mu mashusho yagiye hanze y’aba bakobwa, bari bakikijwe n’abashinzwe umutekano aho umuyobozi umwe muri Hotel utatangajwe amazina yababwiraga ko Hotel atari iyo gukiniramo, ko bagomba kwishyura. Yavuze ko hari abakobwa benshi bigurisha bafite iyo mico.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Urukundo Zari akunda umugabo yasimbuje Diamond Platnumz rwatumye akorera abana be igikorwa cyatunguye benshi.

Munyakazi Sadate yasubije mu buryo busekeje uwamubwiye ngo 《ajye kubwira inka i Nyabugogo》.