in

Abarundi bajagajwe n’imiterere n’ikimero cya Miss Uwicyeza Pamella wari wagiye gushyigikira umugabo we The Ben (AMAFOTO)

Abarundi bitabiriye ibitaramo by’umuhanzi The Ben yakoreye i Bujumbura bacitse ururondogoro kubera ikimero cya Uwicyeza Pamella wagiye gushyigikira umugabo we i Bujumbura.

Ni ibitaramo bibiri The Ben yakoreye mu Mujyi wa Bujumbura aho abakunzi b’umuziki b’i Burundi no mu Rwanda bari bakoraniye kuva ku wa 30 Nzeri kugera ku wa 1 Ukwakira 2023.Ni ibitaramo byabanjirijwe n’ikitaritabiriwe cyane cyabereye ahitwa Eden Garden ku nkengero z’ikiyaga cya Tanganyika.

Aha kuri Eden Garden, Uwicyeza Pamella umugore wa The Ben yazamuwe ku rubyiniro ku busabe bw’abafana.

Yerekeza ku rubyiniro bose bazamuye amajwi bati “Pamella, Pamella, Pamella, Pamella” mu kimero gishinguye si ukwinyonga bararangara karahava!.

Pamella nawe ati “Nishimye cyane uko mwatwakiriye i Burundi, turabakunda cyane. Abarundi n’u Rwanda turi abavandimwe.”

AMAFOTO 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali/Godiyali: Abacuruza utubari n’abakiriya babo bashyamiranye na Polisi na Dasso ahagana i saa tanu z’ijoro ubwo bari baje kubafungisha (VIDEWO)

Abanyamakuru n’abafana benshi barimo gushinja umukinnyi wa Rayon Sports kurya amafaranga nyuma yo gukora ikosa rikomeye rigahindura ibintu iyi kipe igasezererwa