in

Abarimu benshi barimo gusohoka mu gihugu kubera impamvu itangaje kandi Leta ntagahunda ifite yo kugira icyo ibikoraho

Abarimu benshi barimo gusohoka mu gihugu kubera impamvu itangaje kandi Leta ntagahunda ifite yo kugira icyo ibikoraho

Abarimu benshi mu gihugu cya Zimbambwe barimo gusohoka muri iki gihugu bajya gushakisha ubuzima ahandi kubera umushahara bemeza ko ari mucye.

Umuryango w’abarimu muri iki gihugu utangaza ko abarenga 300 buri kwezi ngo nibo basohoka muri Zimbambwe bajya gushakisha ubuzima mu mahanga.

Umushahara uri hejuru umwarimu afata muri iki gihugu ungana n’amadorari 350. Uyu muryango w’abarimu uvuga ko abari munsi ngo nibo basohoka bakajya gushakira mu bindi bihugu cyane cyane ibyo muri afurika y’amajyepfo.

Igihugu cya Zimbambwe kugeza ubu ngo nta gahunda yo kongeza uyu mushahara kubera ikibazo cy’ubukungu Leta ifite kitayoroheye.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Nonese aba ni babana batarengeje 12” Mbabazi Shadia uzwi Shaddyboo yatunguwe cyane ubwo yabonaga abana bahamagawe mu kademi ya Buyen Munich y’abana bivugwa ko batarengeje 12 kandi we abona bafite nka 20

Jado Castar yakozwe ku mutima n’abanyamakuru barimo KNC, Sam Karenzi n’abagenzi be kubera igikorwa cy’indashyikirwa bakoreye umwana w’imfubyi