in

Abari bari mu iduka baguye mu kantu! Hagaragaye umugore ugendera ku mweyo ahetse n’umwana (Amashusho) 

Hagaragaye umugore ugendera ku mweyo ahetse n’umwana bakajya guhaha mu isoko

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amashusho y’umugore wagiye guhaha arikumwe n’umwana we bakagendera ku mweyo nkuko ujya wumva bavuga ngo bagendera ku gataro.

Uyu muryango ni uwo muri Tanzania, gusa ibi byakozwe mu buryo bwo gushimisha abantu, ntago ari ibintu byabayeho nubwo bivugwa ko bibaho.

 

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mama Nick yatanze ubuhamya bw’ukuntu yakoze impanuka ndetse anavuga icyo umwana we yazize – VIDEWO

“Niba tutabikora byihorere!” Dj Sonia yatangaje amagambo yatumye abasore benshi bacika ururondogoro