in

Abari bakumbuye igitaramo k’imboneka rimwe kizenguruka igihugu bashyizwe igorora, Hamenyakanye igitaramo kitari giherutse kuba gusa ubu kigiye gusubukurwa kizenguruka n’igihugu cyose

Abari bakumbuye igitaramo k’imboneka rimwe kizenguruka igihugu bashyizwe igorora, Hamenyakanye igitaramo kitari giherutse kuba gusa ubu kigiye gusubukurwa kizenguruka n’igihugu cyose

Igitaramo cya Iwacu na Muzika kitigeze kiba umwaka ushize , kuri iyi nshuro bigiye kongera gusubukurwa hazengurukwa Intara zose z’u Rwanda nk’uko ubuyobozi bwa EAP bwabitangaje.

Ibitaramo bya Iwacu na Muzika Festival byatangiye mu 2019 bizenguruka Intara zose z’u Rwanda.

Ni ibitaramo biteganyijwe gutangira mu minsi iri imbere nubwo ubuyobozi bwa EAP bwavuze ko gahunda yose yaryo bazayitangaza mu minsi mike. Byitezwe ko bizitabirwa n’abahanzi batandukanye bagezweho mu rwego rwo gutanga ibyishimo mu bakunzi b’umuziki.

Iki gitaramo kizwi ho uburyohe budasanzwe bwo gucuranga indirimbo ziri live ndetse ubwo giheruka kuba 2019 ubwo cyari ku musozo hatumiwe mo Diamond Platnumz.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abana basizwe na Nyiramana batumye abatari bake barira gusa ibyo aba bana bakorewe byatumye abantu bemera ko ahari abantu hadapfa abandi (AMAFOTO)

Azi ukuntu kubura umuntu bibabaza! Assia na we uherutse kubura umuntu ariwe mugabo we Pastor Theogene, yatabaye umuryango wa Nyiramana uherutse kwitaba Imana (AMAFOTO)