in

Abanyeshuri bo muri Kaminuza ya Makerere bakoze imodoka y’amashanyarazi izajya itwara abagenzi mu buryo bwa rusange (AMAFOTO)

Abanyeshuri bo muri Kaminuza ya Makerere bakoze imodoka y’amashanyarazi izajya itwara abagenzi mu buryo bwa rusange.

Abanyeshuri bo muri Uganda muri kaminuza ya Makerere batangiye gukora bisi z’amashanyarazi zitwa Kayoola EVS muri 2020.

Ifite ubushobozi bwo gutwara abantu 90, byumvikane ko izajya itwara abagenzi mu buryo bwa rusange.

Iyi modoka ifite Wifi, USB socket, Air condition, televiziyo, aho gukarabira, ahajya imyanda ndetse n’ibindi.

Kuri ubu iyi modoka ifitwe na sosiyete yo muri Uganda Kiira Motors.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ubuyobozi ntabwo bumushaka: Rutahizamu wafashije Rayon Sports kunyagira ikipe ikomeye cyane hano mu Rwanda agiye gusezererwa rugikubita

U Rwanda rwakubitiwe ku murongo wanyuma wo kugera ku gikombe nyuma yo kwiharira imbuga nkoranyambaga kubera ubwiza bwabo