in

Abanyarwanda ibihumbi 95 bivurije i Ndera mu mwaka umwe gusa

Abanyarwanda ibihumbi 90 bivurije i Ndera mu mwaka umwe gusa.

Ibitaro bya Caraes Ndera byavuze ko umubare w’Abaturarwanda babyivurizamo indwara zo mu mutwe ukomeje kwiyongera, aho abantu 95.773 babyivurijemo mu 2022/2023, barimo 5.646 bashyizwe mu bitaro.

Ni ibyatangajwe n’Umuganga w’Impuguke mu by’ubuzima bwo mu mutwe muri ibyo bitaro, akaba n’Umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, Dr. Bizoza Rutakayile.

Ni mu butumwa yatangiye mu birori byabereye muri ibyo bitaro ku wa 20 Ukwakira 2023, hizihizwa Umunsi Mpuzamahanga wahariwe kwita ku buzima bwo mu mutwe.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Impuhwe nk’izabihehe! Mr Eazi yaje yambaye jezi ya Rayon Sport Aba-Rayon babona uruvugiro bagirango ni uko abakunze naho yifitiye izindi nyungu zo kubakoresha

Abakinnyi 11 ikipe ya Rayon Sports irabanza mu kibuga uyu munsi Sunrise FC ishobora guhura n’akaga