in

Impuhwe nk’izabihehe! Mr Eazi yaje yambaye jezi ya Rayon Sport Aba-Rayon babona uruvugiro bagirango ni uko abakunze naho yifitiye izindi nyungu zo kubakoresha

“Impuhwe nk’izabihehe” Mr Eazi yaje yambaye ijezi ya Rayon Sport Aba-Rayon babona uruvugiro bagirango ni uko abakunze naho yifitiye izindi nyungu zo kubakoresha.

Mr Eazi yasesekaye mu Rwanda ndetse aratungurana cyane ubwo yazaga yambaye ijezi ya Rayon Sport, Abafana ba Rayon Sport benshi bahise bacika ururondogoro.

Amakuru ahari aravugwa ko kugirango Mr Eazi aze yambaye Jezi ya Rayon Sport ari gahunda yo kugirango abone abafana benshi bazamufana ubwo azaba ari ku rubyiniriro.

Biravugwa ko mbere y’uko aza, yabanje kubaza ikipe ikunzwe cyane mu Rwanda ifite n’abafana benshi, bamubwiye ko ari Rayon Sport ahitamo kuza yambaye iyi jezi kugirango nagera mu Rwanda azaze abafite bugwate.

Ubwo azaba ageze ku rubyiniriro hafi Arena yose izahaguruka kuko azaba afite mo abafana benshi yigaruriye.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Byari amarira n’agahinda ku nshuti n’abavandimwe bitabiriye umuhango wo gushyingura mu cyubahiro ba bana bane bagwiriwe n’urusengero bari mu iteraniro ry’abana [AMAFOTO]

Abanyarwanda ibihumbi 95 bivurije i Ndera mu mwaka umwe gusa