in

Abanyarwanda basaga 1000 bafungwa buri kwezi

Abanyarwanda byibuze igihumbi (1000) bajyanwa muri gereza buri kwezi.

Nk’uko imibare iheruka y’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora, RCS, ibigaragaza ngo kuva mu Ukuboza 2022, muri gereza zose uko ari 13 hamaze koherezwamo abantu 4000.

Ibyo bivuze ko abantu 1000 ari bo boherezwa muri gereza buri kwezi mu Rwanda.

Muri abo harimo ababa bakatiwe ndetse n’ababa batari bahamwa n’ibyaha.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Itangazo ryihutirwa kuri wa muhanda waraye ubereyemo impanuka ikomeye yahitanye ubuzima bw’abantu

Umunyarwenya Mitsutsu yanditse amateka  yegukana igihembo gikomeye