in

Abanyarwanda bakomeje kujya kunywera hanze y’u Rwanda kubera ho nta muntu ubategeka gutaha! Uko M Irene na Phil Peter babona ingingo yo gufunga utubari saa munani muri weekend mu Rwanda

Abanyarwanda bakomeje kujya kunywera hanze y’u Rwanda kubera ho nta muntu ubategeka gutaha! Uko M Irene na Phil Peter babona ingingo yo gufunga utubari saa munani muri weekend mu Rwanda.

Nyuma ya tweet ya David Bayingana, abanyamakuru M Irene na Phil Peter batangaje ko hari abanyarwanda bakomeje gusohokera hanze y’u Rwanda nyuma y’uko mu Rwanda bashyizeho itegeko ryo gufunga utubari n’ibindi bikorwa bitari iby’ingenzi saa saba mu mibyizi ndetse na saa munani muri weekend.

Aba banyamakuru bavuga ko mu gihe by’ibituranyi twaba tubiri imbere mu bukungu  ntacyo gufungira amasaha byaba bitwaye ariko mu gihe haba hari ibi turi imbere mu iterambere ngo twagakwiye gukora cyane aho kugabanya amasaha.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Iyi yo ntiyadukoza isoni imbere y’abana ba Senegal! Nyuma yo kubona abakinnyi b’Amavubi bananiwe gutanga ibyishimo, abafana bamaze kwikorera ikipe yabo y’abahanzi irangajwe imbere na Bruce Melodie na King James mu izamu

Umuzamu wa APR FC yananiwe kurinda izamu rye mu minota 10 bituma igihugu cye kibura itike yo kujya mu gikombe cy’Afuruka kandi cyari cyamaze kuyibona