in

Abanyarwanda babivuze neza ngo ‘Ijya kurisha ihera ku rugo’! Umuhanzikazi Bwiza yasubiye ku ivuko asangiza album ye abo mu karere avukamo

Umuhanzikazi Bwiza yashyikirije album ye ya mbere Richard Mutabazi, umuyobozi w’Akarere ka Bugesera ari nako uyu muhanzikazi asanzwe atuyemo, amushimira uburyo badahwema kumuba hafi ndetse no gushyigikira impano ye.

Bitewe n’impamvu z’akazi, umuyobozi w’Akarere ka Bugesera yari yakoreye mu Murenge wa Ntarama, uyu ukaba ari nawo Bwiza atuyemo ndetse ukaba ari nawo bahuriyemo.

Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera nyuma yo guha ikaze abashyitsi bari baherekeje Bwiza ndetse agahabwa album ye, yashimiye uyu muhanzikazi umuhate agira mu muziki we.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Nzakurogesha” Rusine yavuze igikorwa kitari kiza azakorera Uncle Austin bakorana kuri Kiss Fm bitewe n’impamvu imwe gusa [Video]

Harimo ibiraza kugutungura: Ibihugu 10 bikorerwamo uburaya kurusha ibindi ku Isi byashyizwe kumugaragaro -URUTONDE