in

Abanyamakuru n’abafana benshi barimo gushinja umukinnyi wa Rayon Sports kurya amafaranga nyuma yo gukora ikosa rikomeye rigahindura ibintu iyi kipe igasezererwa

Abanyamakuru n’abafana benshi barimo gushinja umukinnyi wa Rayon Sports kurya amafaranga nyuma yo gukora ikosa rikomeye rigahindura ibintu iyi kipe igasezererwa

Umukinnyi w’ikipe ya Rayon Sports akomeje gushinjwa kurya amafaranga nyuma yo gukora ikosa rikomeye ku mukino iyi kipe yatsinzwemo n’ikipe ya Al Hilal Benghazi ikabura amahirwe yo gukina imikino y’amatsinda.

Muri uyu mukino ikipe ya Rayon Sports yakinnye neza ariko ikabura amahirwe yo gutsinda, umukinnyi witwa Kalisa Rashid akomeje gushinjwa na benshi ko hari icyo yari yahawe nyuma yo gutera Penalite nabi ku buryo benshi babonaga ko n’ubundi agomba kuyihusha kubera uko yari ahagaze mbere yo kuyitera, benshi bavuga ko yari yeretse umuzamu aho aratera.

Ikipe ya Rayon Sports ndetse na APR FC zigiye gukomeza gutegura imikino ya Shampiyona nyuma yaho APR FC itsinzwe inyagiwe ibitego 6-1 naho Rayon Sports ikaba yarakuwemo n’ikipe ya Al Hilal Benghazi.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abarundi bajagajwe n’imiterere n’ikimero cya Miss Uwicyeza Pamella wari wagiye gushyigikira umugabo we The Ben (AMAFOTO)

Iribagiza Joy umugore wa Mukunzi Yannick yamutakagije mu magambo buri mugabo wese yakwifuza kumva ava mu kanwa ku mugore we