in

Abantu batunguwe n’umuhanzikazi wavuze ko nta mugabo wabasha kumuhaza muri Afurika yose

Umuhanzikazi wo muri Kenya yatunguranye ubwo yatangazaga ko nta mugabo numwe wo muri Afurika wabasha kumuhaza nibura icyumweru kimwe.

Umuhanzikazi Esther Akoth wo mugihugu cya Kenya wamamaye nka Akothee yahamijeko nta mugabo muri afurika byibuze wamuhaza n’icyumweru kimwe.

Uyu mugore w’imyaka 38 y’amavuko yasabye ko niba hari umugabo wiyizeye kuba yamuhaza ashobora kwigaragaza bakibonanira.

Akothee yagize ati “Ntamugabo wo muri afurika ushobora kwemeza fagitire yanjye, niba ahari yavuga”

Akothee ni umugore w’abana 3 akunze kuvugwa cyane mu gihugu cya Kenya kubera udushya akunze gukora kurubuga rwa instagram.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Barohamye mu kiyaga cya Kivu ubwo bari bavuye gusaba umugeni

Umuhanzi ukomeye muri Nigeriya agiye kuza gutaramira abanya-Rwanda mu kwezi gutaha