in

Abantu batari bazi Akagari, Umurenge n’akarere umuhanzi Stromae yavukiyemo hano mu Rwanda iki nicyo gihe ngo mushire amatsiko

Abantu batari bazi Akagari, Umurenge n’akarere umuhanzi Stromae yavukiyemo hano mu Rwanda iki nicyo gihe ngo mushire amatsiko.

Byakomeje kuvugwa kenshi ko umuhanzi Stromae afite amaraso y’abanyarwanda gusa byabanje kugirwaho impaka.

Gusa izo mpaka zashize igihe bamwe bamenyaga amazina ya Se kuko ni we Munyarwanda mu gihe mama we ari umubiligi.

Bivugwa ko Umuhanzi Paul Van Haver wamamaye nka Stromae ashobora kuba yarabaye mu Rwanda ndetse ababizi neza bavuga ko avuka kuri papa we Rutare Pierre n’umukunzi we Miranda Marie Van Haver.

Uyu muhanzi ufite igikundiro gihambaye, afite inkomoko mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Kanyinya, Akagari ka Nzove mu Mujyi wa Kigali.

Kuri ubu Stromae ari mu bahanzi bafite abamwihebeye benshi dore ko ibihembo afite nabyo bitagira ingano.

Stromae na Nyirakuru

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ifoto y’umunsi: Abanyamakuru ba Siporo mu Rwanda bagaragaye bari gufana ikipe ya Rayon Sports bakomeje gusakara ku mbuga nkoranyambaga

Hamenyekanye akayabo k’amafaranga buri mukinnyi wa Rayon Sports yahawe nyuma yo gutsinda Police FC