in

NDASETSENDASETSE

Abantu bakutse umutima bongeye kubona umukobwa umaze imyaka 6 apfuye .

Abantu bakutse umutima bagwa mu kantu ubwo babonaga umukobwa wari umaze imyaka 6 yarapfuye bamubona ari muzima.Ibi byabereye muri Kenya aho umugore witwa Laira Abigail wapfuye muri 2015 yagaragaye ari muzima.

Umugabo w’uyu mugore yatangaje ko yagize ubwoba budasanzwe mu buzima bwe nyuma yuko umugore we yemeye ko ari we wapfuye kandi bazi ko bamushyinguye akaba yagarutse.

Uchenga yagize:” sinshobora kwizera ijisho ryanjye nyuma yo kumubona ,yarashyinguwe kandi uburenganzira bwe bwo kumushyingura bwarakozwe ,ntashobora guhakana niwe”.

Gusa andi makuru avuga ko uyu mugore yari yarahimbye urupfu rwe nyuma yo kwangirwa gatanya n’umugabo we kugirango ajye kwibanira numukunzi we mushya,ibi byamenyekanye nyuma yuko umugabo we amujyanye mu rukiko rwa Nairobi kugirango uyu mugore yisobanure ku byo yakoze.

Uwo mugore yagize ati:” ni ukuri nagombaga kubikora uburyo nafashwe muri urwo rugo ,sinigeze ngira umunezero muri urwo rugo kandi nashakaga umudendezo.”

Ibibyatumye nyina wuregwa Portia Laira na we ahamagarwa n’urukiko kugirango agaragaze uruhare rwe ku byo umukobwa we aregwa maze yemeza ko yifuzaga ko umukobwa we yishima.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakosa mabi abagore bakora mu rukundo bakwiye guhagarika bwangu.

Ibyakwereka ko umukobwa atigeze aryamana n’umugabo na rimwe.