in

Abantu 15 bafungwa buri munsi! RIB yatangaje ko buri munsi yakira ibirego ibihumbi 2

Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Col. Jeannot Ruhunga, yatangaje ko ku munsi yakira ibirego biri hagati ya 1500 na 2000, hagafungwa abantu batarenze 15.

Yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki 4 Ukwakira, ubwo inzego zifite aho zihuriye n’umutekano w’imbere mu gihugu zaganiraga n’itangazamakuru.

Col Ruhunga yasubizaga ikibazo cy’uburyo abantu batandukanye bakunze gukurikiranwa mu bugenzacyaha bafunzwe kandi byashobokaga ko bakurikiranwa bari hanze.

Yavuze ko atari ko bimeze, ko ukurikije umubare w’ibirego RIB yakira ku munsi n’abafungwa, bidakabije.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

KNC na Juvenal babivuzweho bagiye gukira! Ibyanzwe muri shampiyona kubera ubujyanjya byakoranwaga bigiye kugarurwa igitaraganya

Akumiro n’amavunja! Rutahizamu Romero Lukaku utagikinira ikipe ya Chelsea niwe uyoboye abandi mugutsindira iyi kipe ibitego byinshi muri uyu mwaka