in

Abandi bakobwa byabafasha: Priyanka wabaye Miss w’Isi afite imyaka 17 y’amavuko yatangaje ibanga ryihariye yakoresheje kugira ngo yegukane iri kamba

Abandi bakobwa byabafasha: Priyanka wabaye Miss w’Isi afite imyaka 17 y’amavuko yatangaje ibanga ryihariye yakoresheje kugira ngo yegukane iri kamba.

Umukinnyikazi wa filime Priyanka Chopra wabaye Nyampinga w’Isi afite imyaka 17 yo nyine y’amavuko yatangaje ko icyatumye yegukana iri kamba ari ubwitonzi, kwitwararika no kugira umutuzo ndetse n’ubumuntu muri we.

Priyanka wabaye Nyampinga w’Isi tariki 30 Ugushyingo mu mwaka w’ibihumbi bibiri yatangaje ko akiri umwana atari yarigeze atekereza ko azaba icyamamare ku Isi muri sinema kubera ko atari umufana wazo.

Ubu Priyanka Chopra n’icyamamare ku Isi muri sinema aho abana n’umugabo w’umuhanzi witwa Nick Jonas wo mu itsinda rya Jonas Brothers ryo muri Amerika.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru yishwe ari live mu kiganiro kuri Radiyo

Umusaza wanyaraga amaraso yaje gusangwa yiyahuye