in

‘Abana n’ubumuga gusa umugabo we umugezeho yifuza kumujya mu maguru kubera ibigereranwa na zahabu yibitsemo’ Umugore ufite ubumuga umaze kubyara abana bane ku bagabo bane yavuze ukuntu abagabo bifuza kuryamana na we kubera ibintu buri wese ahora ashaka yibitsemo (AMAFOTO)

‘Abana n’ubumuga gusa umugabo we umugezeho yifuza kumujya mu maguru kubera ibigereranwa na zahabu yibitsemo’ Umugore ufite ubumuga umaze kubyara abana bane ku bagabo bane yavuze ukuntu abagabo bifuza kuryamana na we kubera ibintu buri wese ahora ashaka yibitsemo.

Uyu mugore usanzwe ubana n’ubumuga yatanze ubuhamya bugendanye n’ubuzima bwe ariko buza kubabaza benshi, aho yavuze ko bigendanye n’urukundo mu buzima bwe ndetse n’abagabo bagiye baza bamubeshya ko bamukunda ariko bikaza kugaragara ko hari ibindi bashakaga.

Uyu witwa Joyce Kansime, ni umugore utorohewe n’ubumuga avuga ko abagabo bagiye bamufatirana nabwo, bakamubeshya ko bamukunda ndetse we akagira ngo ibyo bamubwira ni ukuri.

We avuga ko bazaga bashaka kuryamana na we gusa kuko ngo umuntu wese baryamanye amutera amashaba n’amahirwe mu byo akora byose.

Iyi niyo mpamvu yabanye n’abagabo barenga bane bose bamubeshya ko bamukunda kandi bishakira kuryamana na we gusa.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru Emmalito wakundwaga n’abakobwa batari bake ubu yamaze gusezerana n’umukunzi we Umwali – AMAFOTO

APR FC itangaje inkuru itari nziza ku bakunzi ba Mukura Victory Sports