in

Abana b’imyaka 12 basimbujwe ba bana bato barenganyijwe mu kademi ya Buyern Munich, batumye abantu barya karungu none bakomeje kubwiza ukuri Ferwafa kubera uburakari bwinshi batewe n’amarira y’abana bato

Abana b’imyaka 12 basimbujwe ba bana bato barenganyijwe mu kademi ya Buyern Munich, batumye abantu barya karungu none bakomeje kubwiza ukuri Ferwafa kubera uburakari bwinshi batewe n’amarira y’abana bato.

Nyuma yuko Ferwafa ishyize hanze videwo y’abana bivugwa ko bafite imyaka 12 ndetse ko aribo batoranyijwe ko bagomba gukina mu kademi ya Buyern Munich y’abatarengeje 12, ubu abantu bariye karungu kubera ukuntu bakomeje kubona ari bakuru.

Abantu bariye karungu kubera amarira y’abana bato bakagombye kuba bari muri uyu mwanya ariko bakaba barakuwemo kubera impamvu zitumvikana.

Amafoto.

Videwo .

Comments.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kapiteni w’ikipe iri muri enye za nyuma mu Rwanda, yabengutswe n’ikipe ikomeye cyane yo muri Maroc

Umubyeyi we yatabarutse agifite amezi 6 gusa! Menya aho ubutwari bwa Miss Jolly abukomora – Amafoto