in

Abana basizwe na Nyiramana batumye abatari bake barira gusa ibyo aba bana bakorewe byatumye abantu bemera ko ahari abantu hadapfa abandi (AMAFOTO)

Abana basizwe na Nyiramana batumye abatari bake barira gusa ibyo aba bana bakorewe byatumye abantu bemera ko ahari abantu hadapfa abandi.

Nyiramana yasize abana babiri aribo Teta na Shaffy.

Shaffy ni we mfura mu gihe Teta yari bucura.

Aba bana bemerewe ubufasha na Zacu Entertainment yakoreshaga Mama wabo witabye Imana.

AMAFOTO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Dj Brianne yasangiye n’abana be mbere y’uko basubira mu mirimo y’abana bari bamaze iminsi batari bari gukora kubera ingengabihe yashyizweho (AMAFOTO)

Abari bakumbuye igitaramo k’imboneka rimwe kizenguruka igihugu bashyizwe igorora, Hamenyakanye igitaramo kitari giherutse kuba gusa ubu kigiye gusubukurwa kizenguruka n’igihugu cyose