in

“Abana b’abaturanyi barasa” Shaddy Boo na Mike Karangwa ntibavuga rumwe ku cyemezo cyo gupimisha DNA

Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddy Boo yashishikarije abagore bose gupimisha abana bose b’abaturanyi, mu rwego rwo guhangana n’umubare w’abagabo bari gupimisha abana babo ku bwinshi.

Gusa ariko Mike Karangwa wamamaye mu itangazamakuru ry’imyidagaduro we yatangaje ko asanga ari umudayimoni wateye mu bantu muri iyi minsi, wifuza gutandukanya imiryango yifashishije ingingo yo Gupimisha uturemangingo ndangasano ‘DNA’.

Ibi bije nyuma y’iminsi hacicikana inkuru zivuga yuko umubare w’abagabo bapimisha DNA, abana babo wikubye inshuro nyinshi.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Aba Rayon ibi byishimo bazabikwizahe ra!: Murera yerekanye umukinnyi w’igisubizo cy’ibibazo abakunzi bayo bibazaga (Amafoto)

Kureba imyitozo ya mbere ya Rayon Sports birasaba kwigomwa umuceri wa cyigori