in

Abana 4 bibye imodoka bashaka gukora amashusho yo gushyira kuri TikTok bakora impanuka bose barapfa

Abana bane (4) bari mu kigero cy’imyaka 19,17, 16 na 14 baguye mu mpanuka iteye ubwoba nyuma yo kwiba imodoka bashaka gukora amashusho yo gushyira ku rubuga rwa TikTok mu marushanwa yiswe Kia Challenge.

New York Post dukesha iyi nkuru, ivuga ko abo bana barimo Marcus Webster w’imyaka 19 ,Swazine Swindle, 17, Kevin Payne, 16, ndetse na Ahjanae Harper, 14, bapfiriye mu mpanuka kuwa mbere mu gitondo ubwo bageraragezaga gukora amashusho yo gushyira ku rubuga rwa Tik Tok, icyakora bakaza kugongana n’indi modoka bikabaviramo urupfu.

kimwe mu byababaje benshi ni uko Ahjanae Harper, w’imyaka 14 nta minsi yari ishize yibarutse umwana w’umukobwa ndetse ngo uyu mukobwa akaba yiteguraga kwizihiza isabuku y’imyaka 15 ku itariki ya 1 Ugushyingo 2022.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umubyeyi yabuze aho arigitira abonye umuhungu we yajugunye mu myaka 20 ishije basigaye bakora hamwe

Ni mwiza cyane bari baberanye, Chifa wakundanaga na Buravan yaciye impaka-Amafoto