in

Abamushinja kuba mubi muzavuga muruhe: Bwa mbere Sintex yagaragaye ari kumwe n’igitomati cye bafatanye urunana muruhame -AMAFOTO

Abamushinja kuba mubi muzavuga muruhe: Bwa mbere Sintex yagaragaye ari kumwe n’igitomati cye bafatanye urunana muruhame.

Umuhanzi ukunzwe cyane hano mu Rwanda Sintex yagaragaye ari kumwe n’umugore we Keza Shadia baherutse gusezerena imbere y’amategeko aho bari bitabiriye igitaramo cy’urwenya cya Seka Live gitegurwa n’umuvandimwe we Arthur Nkusi.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amafaranga ahembwa abishatse yahembamo ikipe yose agasangura: Hamenyekanye umubare w’amafaranga Bindjeme utajya ukandagira mu kibuga ahembwa ndetse nayo yaguzwe gusa ingano yayo niyo iteye ubwoba 

Umuhanzi Christopher ntabwo akiri kubarizwa ku butaka bw’u Rwanda ukundi (AMAFOTO)