in

Abakunzi b’umuhanzi Marina yabatangarije impamba abafitiye

Umuhanzikazi nyarwanda Marina Deborah uzwi mu ndirimbo zikunzwe hano mu Rwanda ndetse kandi azwiho kugaragara neza mu mashusho y’indirimbo ze ndetse azwiho kugira udushya ari ku rubyiniro dore ko yirekura bityo bikaryohera abari aho.

Uyu muhanzikazi abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yateguje abakunzi be indirimbo azakorana n’umuhanzi wo hanze y’igihugu cy’u Rwanda igiyekuyibagezaho vuba bidatinze.

Marina indirimbo ye iheruka ni iyo bita Okey yakoranye n’umusone utunganya umiziki akabifatanya no kuririmba wita Lijohn iyo ndirimbo iri mu ndirimbo zikunzwe hano mu Rwanda.

Ikindi kandi Marina nyuma yoigaruka muri The Mane yahozemo ihagarariwe na Badrama ubu niwe usigayemo wenyine nyuma y’aho Mbanda, Safi Madiba na Queencha baviriyemo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Binyuze kuri Instagram ya Yvan Bravan hibutse amagambo y’urukundo yasize avuze.

Neymar ukomeje kujya mu mazi abira ubu yitabye urukiko muri espanye ku byaha ashinjwa