in

Abakunzi b’akaboga bafashwe ku munwa! Muri Rulindo abaturage bari kwifuza inyama kandi bafite ayabo

Rulindo : Ubuyobozi bwafunze ibagiro ryo mu murenge wa Base kubera isuku idahagije ndetse no kuba riteza umwanda mu gace riherereye mo.

Abaturage bakomeje kubyivovotera kubera ko bibashyize mu gihombo, kuko ariho bagurishaga amatungo yabo ndetse ariho baguriraga inyama.

Bamwe bavuga ko batazongera kurya inyama vuba kuko ngo ariryo bagiro ryari ribegereye.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuvugizi wa Rayon Sports, Ngabo Roben yavuze impamvu Gikundiro yagiye i Musanze idafite rutahizamu wayo Joachiam Ojera ikavayo yandangajwe

Amakuru agezweho kuri Mama Nick wo muri filime City Maid wababaje benshi kubera uburwayi yatewe n’impanuka yakoze