in

Abakunze indirimbo zabo hehe n’irungu: Abahoze bagize itsinda rya Urban Boys muri iyi minsi umuziki bawuhagurukiye

Itsinda rya Urban Boys ryari rigizwe n’abasore batatu, Safi Madiba, Humble Jizzo ndetse na Nizzo Kabosi, bubatse izina mu myidagaduro nyarwanda gusa baza gutandukana, ariko kuri ubu muri iyi minsi umuziki bongeye kuwuhagurukira.

Nyuma y’uko Safi Madiba asohoye indirimbo yise day by day, umuhanzi Humble Jizzo wari umaze iminsi atagaragara mu bikorwa by’umuziki cyane, ubu yateguje indirimbo nshya izaba yitwa one day.

Aba bombi bahoze baririmbana mu itsinda rya Urban Boys, gusa kuri ubu buri umwe ari gukora ku gite cye.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rwose akwiriye byinshi pe Imana imuhe umugisha: Mu gihe imyuzure n’inkangu byari biri guhitana abantu hari umugore wafashe iyambere ajya gutanga ubufasha (ifoto)

N’ibitonore gusa gusa, ihere ijisho ubwiza bw’abakobwa b’abarundikazi bagiye guhatanira ikamba rya Miss Burundi 2023(AMAFOTO)