in

“Abakobwa b’i Nyarugenge bagataye mu gutwi gusa bamwe bashobora gutsindwa”: Chris Eazy yeruye atangaza ikintu kimukurura cyane ku mukobwa cyatuma urukundo rwe nawe ruba akaramata

“Abakobwa b’i Nyarugenge bagataye mu gutwi gusa bamwe bashobora gutsindwa”: Chris Eazy yeruye atangaza ikintu kimukurura cyane ku mukobwa cyatuma urukundo rwe nawe ruba akaramata.

Umuhanzi ukunzwe cyane hano mu Rwanda Rukundo Christian wamamaye cyane ku izina rya Chris Eazy yatangarije abanyamakuru ba Kiss FM ko burya akunda umukobwa uzi kurya ngo mbese we ntabwo akunda b’abakobwa bashaka kwerekana ko batazi kurya ahubwo abayishikira wawundi basohokana byaba ngombwa akaba yarisha n’intoki.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi 6 bo muri Shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda bahamagawe mu Ntamba mu Rugamba

APR FC na Rayon Sports ntabwo zigikiniye mu karere ka Huye