in

Abakobwa barimo ubwoko 4: Musore dore icyo bigusaba kugira ngo ukundane na buri umwe muri bo

Ubundi nta muntu uhuza imyitwarire na mugenzi we, gusa ariko hari uburyo abakobwa bahurira ku myitwarire mu buryo 4.

Twifuje kubasangiza ubu bwoko 4 bw’abakobwa, ndetse n’icyo bisaba umusore kugira ngo akundane n’umukunzi we azi uko amwitwaraho.

1.Umukobwa wiyitaho

Umukobwa nkuyu aba ashaka kugaragara neza mu bandi, atinda gusoka mu nzu arimo kwitera makeup, kuko ntiyasoka mu nzu atiteye makeup, ikindi ntabwo akunda gukora siporo.

Musore niba ubona umukunzi wawe ateye nk’uyu birasaba ngo ube ufite amafaranga yo kumuha kugira ngo ase neza mu bandi, kuko akunda kugura utuntu nka makeup, imyenda ndetse n’ibindi byinshi bituma asa neza mu bandi.

2. Umukobwa usanzwe

Ni umukobwa ukora akazi ntacyo witayeho, ku buryo mu gihe ari gukora ntabwo atinya ko yakiyanduza. Ariko na none akunda gusa neza nk’abandi bakobwa bose.

Umusore ukundana n’uyu mukobwa, ni umunyamahirwe kuko nta byinshi asaba. Biba bisaba ngo umusore amubere umutware, ajye amutekerereza.

3. Umukobwa wivumbuye (ukora ibintu mu buryo bwe) 

Umukobwa nkuyu, muri bagenzi be, bakunda kumubona nka nyirabayazana w’ibibazo bahura nabyo. Akora ibintu mu buryo bwe.

Umusore ukundana n’uyu mukobwa, aba asabwa gucisha bugufi kuko ugerageje kumuhindurira amahame muhita mushwana , bityo umusore asabwa kwemera kuyoborwa n’uwo mu kobwa.

4. Umukobwa wirwanyeho

Ni umukobwa ukunda kugerageza ibintu bishya, akunda ibyo abandi bakobwa badakunda, niwe usanga adakunda imyambaro y’abasore.

Umusore ukundana n’uyu mukobwa, ntabwo avunika, kubera ko uyu mukobwa aba yumva ashaka gukemura muri kintu cyose mu rukundo rwabo. Uyu mukobwa kandi niwe usanga musokana maze akishyura amafaranga mwakorwsheja.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntabwo yitaye ku magambo yabazamuca intege: Umunyamakuru Ndahiro Valens Papy yatangaje inkuru y’uko agiye gusohora indirimbo yakoranye n’icyamamare Theo Bosebabireba

Impano zikomeje kuvumburwa ari nyinshi: Umugore ukoma ingoma yifashishije amabere ye yatunguye benshi nyuma yo gucuranga injyana ibyinitse kurusha igisirimba(Videwo)