in ,

Abakobwa babiri bazize ubwiza bwabo Imana yabahaye mu gihe abandi baburwanira

Ni inkuru itashimishije abantu aho abakoba babiri bazize ubwiza bwabo Imana yabahaye mungohe abandi bajya kubushakira hose ahashoboka haba muri za makeup ndetse n’ibindi bitndukanye.

Masabata Phiri, w’imyaka 22 na Angie Mafatshe, w’imyaka 17, biciwe Tarlton, Johannesburg,  ahagana ku itariki 03/07 bakaba barishwe bamaze no gufatwa ku ngufu.

Masabata Phiri bamusanze yambaye ubusa mu gihe mu mugongo we hari hashinzemo icyuma bamuteye mu gihe na migenzi we bari bamwishe.

Abantu batangiye kuvuga ko haba hakekwa umusore bigeze gukundana hanyuma bakaza gutandukana ariko umuhungu akamubwira ko ubwo bwiza yiratana buzashira.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Mariya wa Kabiri” Umugore yabyaye amaze imyaka ine atabonana n’umugabo

Card B yarwanye n’abafana be induru ziravuga igitaramo gihinduka intambara