in ,

Abakinnyi bayishizeho: Undi mukinnyi wari ngenderwaho muri Chelsea yamaze kuyivamo

Abakinnyi bayishizeho: Undi mukinnyi wari ngenderwaho mu ikipe ya Chelsea yo mu gihugu cy’u Bwongereza yamaze kuyivamo nyuma y’imyaka myinshi ayikinira.

César Azpilicueta wari amaze imyaka igera kuri 11 mu ikipe ya Chelsea yo mu gihugu cy’u Bwongereza yamaze kuyivamo yerekeza mu ikipe ya Atlético de Madrid yo mu gihugu cya Espane aho yasinyemo amasezerano y’umwaka umwe.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nawe ateye ubwoba: Paris Saint Germain yatangaje umukinnyi ugomba gusimbura Kylian Mbappe

“Yabikoze abishaka kugira ngo abatere ubusambo” Bianca ufatwa nka Nick Minaj wo mu Rwanda yashotoye abamukurikirana nyuma y’ibyo yakoreye mu gakanzu k’impenure yari yambaye