in

Abakinnyi ba Rayon Sports mu myitozo mu Nzove baba bakaniye nk’abari gukina final – AMAFOTO

Abakinnyi ba Rayon Sports ibyishimo ni byose mu myitozo aho baba bagaragaraza ubushake ndetse n’a kanyamuneza mu maso.

Buri mukinnyi wese w’iyi kipe ikimuri mu mutwe ni amanota atatu kuri buri mukino. Rayon Sports kuva yatsinda mukeba wayo APR FC ntabwo irongera gutakaza umukino n’umwe.

AMAFOTO:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyamasheke: Ukekwaho kwiba yapfuye arimo yisobanura ntawe umukozeho

Zinedine Zidane agiye kubona akazi nyuma y’umutoza w’ikipe ikomeye i Burayi utarimo kwitwara neza