in

Abakinnyi ba APR FC bahawe inshingano zikomeye bagomba kuzuza

Mbere y’umukino uteganyijwe saa kumi nebyiri nimugoroba aho APR FC iraza kwesurana na AS Kigali, abakinnyi ba APR FC bahawe inshingano zikomeye.

“Kunganya guhera ubu nikizira guhera ubu!

Nimwongere ibitego byinshi kandi murabishoboye ndetse n’ amakipe muhanganye muri shampiyona ntacyo abarusha.

Buri kimwe mukibonera ku gihe bivuze ko mufitiye umwenda APR F.C n’ Abakunzi bayo.”

Ibi byose bikaba byavuzwe na Lt Gen MK MUBARAKH ku ikipe ya APR FC.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uwari Perezida wa Argentina yatangaje ibintu byatunguye isi yose byaba kuri Messi aramutse afashije Argentina gutwara igikombe cy’isi

Manishimwe Djabel uvuye mu bihano vuba, yazamuye amarangamutima ya benshi nyuma y’ijambo yatuye umuyobozi wa APR FC waraye abasuye