in

Abakinnyi 2 b’inkingi ya mwamba muri APR FC bagiye bashaka gusesa amasezerano kubera umutoza w’iyi kipe ukomeje kubereka urwango rudasanzwe

Abakinnyi 2 b’inkingi ya mwamba muri APR FC bagiye bashaka gusesa amasezerano kubera umutoza w’iyi kipe ukomeje kubereka urwango rudasanzwe nubwo abafana babakunda cyane

Hashize iminsi abakinnyi babiri b’abanyamahanga bakomeye ikipe ya APR FC yaguze uyu mwaka w’imikino bagiye gusesa amasezerano kubera Thiery Froger ukomeje kubimpa umwanya Kandi bashoboye.

Amakuru YEGOB dufite ni uko Sharaf Eldin Shaiboub ndetse na Bindjeme myugariro waje akomeye, bashaka gusesa amasezerano kugirango bashakire ahandi kubera umutoza wa APR FC Thierry Froger ukomeje kubereka ko atabakeneye.

Aba bakinnyi kugeza ubu ntabwo bumva ukuntu umutoza Thierry Froger yanga kubakinisha dore ko n’abafana bahora babishyuza uyu mutoza bitewe ni uko iyi kipe itsinda ibintu byagoranye kandi aba bakinnyi bicajwe.

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuntu wabonye uko byagenze yasobanuye intandaro yo gusambanira mu muhanda kwa wa musore na wa mukobwa basambaniye mu muhanda, yavuze naho byabereye 

Umutoza w’Amavubi Jimmy Mulisa yatangaje ibintu byamubayeho ubwo yazaga gukina muri APR FC avuye mu Buhinde