in

Abakinnyi 11 ba Rayon Sports bavanze n’aba APR FC tureba ikipe izaba iteye ubwoba uyu mwaka wanaha amahirwe yo gutwara igikombe

Abakinnyi 11 ba Rayon Sports bavanze n’aba APR FC tureba ikipe izaba iteye ubwoba uyu mwaka wanaha amahirwe yo gutwara igikombe

Ikipe ya Rayon Sports na APR FC kugeza ubu zaguze abakinnyi beza mu gihe ikipe ya APR FC yari isubiye ku gukoresha abakinnyi b’abanyamahanga nyuma y’igihe kingana n’imyaka 12 abanyarwanda bari kuruhembe.

Kugeza ubu ntawavuga ko ikipe ya APR FC cyangwa Rayon Sports hari ikipe yaguze abakinnyi beza kurusha indi ariko abafana ba buri kipe bo ba bavuga ko ikipe yabo yaguze abakinnyi beza kurusha indi cyane ko ari ikipe zihora zihanganye hano mu Rwanda.

Uyu munsi twabateguriye abakinnyi bavanze dukurikije uko buri kipe yaguze.

Mu izamu: Pavel Ndzila wa APR FC

Ba myugariro: Serumogo Ally wa Rayon
Simon Banga Bidjeme wa APR
Nsabimana Aimable wa Rayon
Niyomugabo Claude wa APR

Abo hagati: N. Ismael Pitchou wa APR FC
A. Moussa Madjaliwa wa Rayon
Bigirimana Abedi wa Rayon

Ba rutahizamu: Victor Mbaoma wa APR
J. Ifunga Ifaso wa Rayon
Apam Assongwe wa APR FC

Umutoza watoza iyi kipe nkurikije aho uwa APR FC na Rayon bagiye baca ndetse ni uko bitwaye ni YAMEN ZELFANI.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Cyane cyane kuri wowe udashaka kubyibuha bikabije” Dore ibibi byo kunywa amazi urimo kurya kabone nubwo ibiryo byaba bikunize

Amaso y’abagabo yaragowe koko! Kim Kardashian yerekanye ibyo abandi bagore bahisha akoresheje uburyo bworoheye abarebyi -AMAFOTO