in

Abakinnyi 11 ba APR FC bavanze n’aba Rayon Sports nyuma y’imikino bamaze iminsi bakina, Rayon Sports iracyayoboye

Abakinnyi 11 ba APR FC bavanze n’aba Rayon Sports nyuma y’imikino bamaze iminsi bakina, Rayon Sports iracyayoboye

Ku munsi wejo nibwo umukino uzahuza ikipe ya Rayon Sports n’ikipe ya APR FC wa Super Cup ugomba kuba.

Umukino uteganyijwe kubera kuri Sitade ya Kigali Pelé Stadium, uzatangira ku isaha ya saa cyenda z’amanwa. FERWAFA yamaze gutangaza ko Sitade izafungurwa saa tanu ifungwe saa munani.

Abakinnyi 11 ba APR FC bavanze n’aba Rayon Sports.

Mu izamu: Pavel Ndzila

Ba myugariro: Rwatubyaye Abdul, Mitima Issac, Serumogo Ally, Ishimwe Christian

Abo hagati: Aruna Moussa Madjaliwa, Nshimiyimana Ismael Pitchou, Sharaf Eldin Shaiboub

Ba rutahizamu: Victor Mbaoma, Youseff Rharb, Joachim Ojera

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ntukishongore” Shaddyboo abantu bongeye kumutera imijugujugu ubwo yabazaga abantu impamvu ituma bamukurikira

Gukorakora abagore ndetse n’ubujura bukorerwa mu modoka byatumye hashyirwaho ibwiriza ryo gucana amatara y’imbere mu modoka