in

Abakecuru bakuyemo imyenda biroha mu mihanda, abantu barahurura

Abiganjemo abakecuru biroshye mu mihanda yo muri Nigeria bamabaye ubusa ubwo bakoraga imyigaragambyo yo kwamagana ihohoterwa bakorerwa.

Ibi byabaye kuwa gatandatu tariki 15 Mutarama 2022 ubwo aba bagore bamaganaga ihohoterwa bakorerwa ririmo no gushimuta bene wabo.Iyi myigaragambyo yakozwe mu duce tune muri Oka Akoko, Akungba Akoko no mu y’indi mijyi ya Akoko .

Iyi myigaragambyo ngo yaba yaratewe n’ishimutwa ry’abarimu riherutse gukorwa n’abagiranabi bamwe na bamwe muri Auga Akoko aho mu cyumweru gishize hapfuye umupolisi n’abantu bitwaje imbunda i Oka Akoko, ndetse n’igitero cyahitanye abagenzi 17 ku muhanda wa Ifira Akoko-Isua Akoko.Icyatangaje abantu ni uburyo bamwe muri aba bakecuru bari bambaye ubusa nkuburyo bwo kwerekana agahinda kabo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Uwurukundo Emmanuel
2 years ago

Ubuse haricyo biributange ra?0788445534

Kunshuro ya kabiri yikurikiranya Lewandowski yegukanye igikombe cya FIFA MEN’S BEST PLAYER

Lionel Messi yabuze igihembo nta kimwe ahabwa umwanya mu bakinnyi 11 beza