in

Abakanyujijeho barimo Kizigenza Eto’o, Roberto Carlos n’abandi batangiye kumenyekanisha Igikombe cy’isi kitezwe kubera mu Rwanda

Abakanyijijeho barimo Kizigenza Eto’o, Roberto Carlos n’andi batangiye kumenyekanisha Igikombe cy’isi kitezwe kubera mu Rwanda.

Abanyabigwi babiciye bigacika mu mupira w’amaguru barimo Umunya-Cameroun Samuel Eto’o Fils, Umufaransa Claude Makélélé n’Umunya-Brésil Roberto Carlos begerewe mu kumenyekanisha Igikombe cy’Isi cy’Abakanyukijijeho kizabera mu Rwanda mu 2024.

 

Mu ntangiriro za Gicurasi 2024, abakinnyi bakanyujijeho muri ruhago baturutse ku migabane itandukanye bazaba bari mu Rwanda ahazabera Igikombe cy’Isi [Veteran Clubs World Championship-VCWC].

Iki Gikombe cy’Isi ni ubwa mbere kizaba kibereye ku Mugabane wa Afurika. U Rwanda ruzacyakira nyuma y’uko muri Kanama 2021 ubwo Fred Siewe uyobora Ishyirahamwe ry’Imikino y’Abakanyujijeho ku Isi (FIFVE).

 

Tariki ya 12-14 Ukwakira 2022 ni bwo abakinnyi bakanyujijeho muri ruhago bari mu Mujyi wa Kigali, ahatangirijwe ibikorwa byo kumenyekanisha VCWC byiswe “Legends in Rwanda”.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Birababaje: Umwana yacitse urupfu ubwo Imvubu yamumiraga ikamuruka atarapfa

Umukobwa w’ikizungerezi yatwawe umutima n’umusore ufite uburwayi bwo mu mutwe