in

Abantu babiri bakomeye bihishe inyuma y’ifungwa rya Titi Brown bamenyekanye

Abakamufashije nibo bamuhejeje mu buroko! Abantu babiri bakomeye bihishe inyuma y’ifungwa rya Titi Brown bamenyekanye.

Mu minsi mike nibwo hatangiye gucicikana amakuru avuga ko abihishe inyuma y’ifungwa rya Titi Brown ari abantu bakomeye .

Amakuru ahari avuga ko umushinja cyaha uri kumushinja ari mushiki wa Papa w’umukobwa naho umupolisi ubyihishe inyuma ari musaza wa mama we (Nyirarume).

Ni mu gihe Titi Brown amaze igihe kinini afunzwe ndetse ajya kuburana urubanza rwe rugasubika buri uko agiye kuburana.

Biravugwa ko uwo mupolisi ubyihishe inyuma avuga ko aho kugirango Titi afungurwe, yava mu gipolisi.

Amashusho.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Hagati ya REG na Patriots Basketball Club hamenyekanye ikipe izahindurirwa izina ikitwa Rayon Sports Basketball Club

Umukinnyi APR FC iheruka gutandukana nayo ashobora kugaruka hano mu Rwanda nyuma yo kugurwa n’ikipe ikomeye akaba yarabuze umwanya wo gukina